Ntabanganyimana Jean de Dieu uzwi nka Jay Rwanda wabaye Mister Africa 2017, akaba ari n’umwerekanamideri wabigize umwuga Jay Rwanda yemeje ko yakiriye agakiza byeruye ndetse ko yahindutse mushya muri Kirisitu yesu.
Jay Rwanda usigaye atuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko yakiriye agakiza byeruye, nyuma yuko Imana imwiyeretse akemera guhindukira agatekereza ku hazaza he.
Mu mashusho y’iminota isaga irindwi yatambukije kuri Instagram uyu musore yavuze ko Imana yamwiyeretse (…)
Ntabanganyimana Jean de Dieu uzwi nka Jay Rwanda wabaye Mister Africa 2017, akaba ari n’umwerekanamideri wabigize umwuga Jay Rwanda yemeje ko yakiriye agakiza byeruye ndetse ko yahindutse mushya muri Kirisitu yesu.
Jay Rwanda usigaye atuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko yakiriye agakiza byeruye, nyuma yuko Imana imwiyeretse akemera guhindukira agatekereza ku hazaza he.
Mu mashusho y’iminota isaga irindwi yatambukije kuri Instagram uyu musore yavuze ko Imana yamwiyeretse ubwo yari mu ndege, imiyaga ikomeye kandi iteye ubwoba igahuha cyane ishaka kuyihanura ariko Rurema agakinga ukw’iburyo.
Usibye aya mashusho kandi Jay Rwanda anamaze Iminsi asangiza abamukurikira ku mbugankoranyambaga ze ibyigisho bitandukanye byerekana ko yakiriye agakiza , ndetse yiyeguriye Kristo Yesu nk’umwami n’umukiza.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *