skol
fortebet

Celine Dion yatangaje indwara yamufashe itamwemerera kuririmba nkuko byahoze

Yanditswe: Friday 09, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzikazi ukomoka muri Canada, Céline Marie Claudette Dion yatangaje ko arwaye indwara ifata mu bwonko, ituma ataririmba nk’uko byahoze.

Sponsored Ad

Iyi ndwara ifata mu bice by’ubwonko bw’umutu ndetse no mu rutirigongo, bigatuma atabasha kuvuga cyangwa kugenda.

Ni itangazo rije nyuma y’uko uyu muhanzikazi w’imyaka 54 yari ari kwitegura igitaramo cyo kuzenguruka u Burayi ataramira abakunzi be.

Mu butumwa bw’amashusho uyu muhanzikazi yanyujije ku mbuga nkoranyamabaga, yavuze ko yari amaze iminsi atameze neza, ubwo rimwe na rimwe yananirwaga kuvuga neza no kugenda, bamusuzuma bagasanga ari iyi ndwara ifata ubwonko afite.

Céline Dion yijeje abakunzi be ko hamwe n’itsinda ry’abaganga bari kumwitaho azongera kugaruka akabaririmbira cyane ko abakumbuye.

Yagize ati “Ndabakumbuye cyane mwese, nkumbuye kubabona ndi kubaririmbira; buri gihe mbaha ibyo nshoboye byose iyo ndi kuririmba ariko ubu sinzi ko nzabishobora kubaha byose.”

Yakomeje agira ati “ Ndi hamwe n’abaganga banyitaho buri munsi kugira ngo nzabashe kongera kubaririmbira nkuko byahoze ariko ni intambara itoroshye.”

Mu ndirimbo z’uyu muhanzi zakunzwe harimo iyitwa "My heart will go on", "It’s all coming to me now", "I am alive", "The power of love" n’izindi.

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

    - Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
    - irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
    - yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
    - irwanya umuriro wa Malaria
    - yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
    - irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
    - ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
    - Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa