Cyusa ari mu byishimo byinshi byo kuzuza inzu y’agatangaza(Amafoto)
Yanditswe: Monday 17, Apr 2023

Umuhanzi mu njyana gakondo Cyusa Ibrahim ari mu byishimo byinshi nyuma kuzuza inzu y’agatangaza yari amaze igihe yubaka ku Ruyenzi mu Karere ka Kamonyi.
Abinyujije ku mbugankoranyambaga akoresha Cyusa yagaragaje ko yishimiye intambwe yateye aboneraho no gushimira abantu bose bamufashije kugirango agere aho ageze uyu munsi kandi yishimira.
Cyusa mubo yashimiye harimo abamuhaye akazi mu bihe bitandukanye, abanyamakuru n’aba Djs bamushyigikira umunsi ku wundi mu bihangano bye ndetse n’abakunzi be avuga ko akesha byinshi abasezeranya ko ibyiza biri imbere.
ti “Mfashe umwanya nshimira Imana yo yanshoboje kusa ikivi natangiye ubu nkaba ndi mu nzu yanjye nubatse. Nkanashimira byimazeyo abakunzi banjye n’abampaye akazi muri rusange mwashyize itafari n’isima bikomeza urugendo rwanjye.”
Amafafoto agaragaza inzu Cyusa yujuje ku Ruyenzi
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *