skol
fortebet

Davido ari mu gahinda gakomeye ko kubura umwana

Yanditswe: Tuesday 01, Nov 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Davido n’umugore we Chioma bari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko umuhungu wa bo Ifeanyi Adekele yitabye Imana azize urupfu rutunguranye.

Sponsored Ad

Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Davido n’umugore we Chioma bari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko umuhungu wa bo Ifeanyi Adekele yitabye Imana.

Ibinyamakuru bitandukanye hirya no hino byabyutse byandika ko uyu mwana waherukaga kwizihiza isabukuru y’imyaka 3 mu cyumweru gishize yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa Mbere aguye muri Piscine iwabo mu rugo Logos muri Banana.

Ifeanyi akaba yahise yihutanwa kwa muganga mu gace ka Lekki ariko ashiramo umwuka bataragerayo.

Ntabwo Davido cyangwa umugore we baragira icyo batangaza gusa bamwe mu byamamare bagiye bagaragaza ko bashenguwe n’uru rupfu barimo Paul Okoye wo mu itsinda P-Square, Umunyarwenya Ay, Iyabo Ojo n’abandi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa