skol
fortebet

Diamond na Zari bagiye guzajya bagaragara mu kiganiro kivuga kuburyohe bw’umugabo n’umugore

Yanditswe: Tuesday 22, Jun 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umubano wa Diamond na zari ukomeje kuba mwiza muri iyi minsi ,kuri ubu bombi bagiye kuzajya bagaragara bari kumwe mu kiganiro kizibanda cyane cyane ku nkundo z’abagore n’abagabo.

Sponsored Ad

Zari wabyaranye na Diamond abana babiri bagiye gutangira kugaragara muri Reality Show izajya itambuka kurubuga rwa Netflix.

Iyi Reality Show izajya inyura kuri uru rubuga rwambere mu kugurisha amafilime n’ibiganiro bayise “Young,Famous&Africa”.

Umuhanzi Diomond Platnumz umaze kubaka izina mu muziki muri Afurika yateguje abakunzi be ababwira ko badakwiye kujya bacikwa iki kiganiro azajya akorana na Zari.

Zari nawe yateguje abakunzi be ,ababwira ko umukobwa wavukiye muri Uganda,ubu akaba aba muri Afurila y’epfo agiye kujya agaragara ku Isi hose avuga iby’urukundo rwe.

Iki kiganiro kizajya gikorwa n’aba bombi ,kizajya cyibanda cyane ku nkundo z’abagore n’abagabo.

Diamond na Zari, bakanyjijeho murukundo bituma bamamara cyane muri East Africa, aba bombi batandukanye bafitanye abana 2 ,umuhungu n’umukobwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa