skol
fortebet

Diamond yahishuye ikintu atinya kurusha ibindi mu buzima bwe

author-image

Yanditswe na: ISHIMWE JANE
Kuwa: Monday 23, Jan 2023

Diamond yahishuye ikintu atinya kurusha ibindi mu buzima bwe

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Diamond Platnumz ukunzwe n’abatari bake muri Africa ndetse no ku Isi mu rusange yahishuye ikintu atinya kurusha ibindi byose ku buryo abifata nk’ukuzimu.

Mu mashusho yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram ari aho ari gutunganyiriza indirimbo ye nshya, Diamond yumvikana ahamya ko kurira ari ikintu atinya kurusha inzoka ati: “Mpa inzoka 100 nakina nazo mu cyumba, ariko kurira mbifata nk’ukuzimu! Yewe no guhagarara ku meza mbifata nko kwiyahura, kuko mfite indwara yo gutinya kurira ntabwo wakumva ukuntu ibi byangoye.”

Ibi yabitangaje mu gihe yari mu ifatwa ry’amasusho aho yari kurira akajya ku rusenge rw’inzu, ahantu hahanamye cyane uvuye ku butaka byabaye intambara kugerayo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa