skol
fortebet

Dore ubwiza n’ikimero by’umunyamakuru bivugwa ko ari mu rukundo na Christopher

Yanditswe: Wednesday 01, Sep 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umunyamakuru wa RBA ukorera kuri Televiziyo ya Kigali Chanel 2(KC2) witwa Abera Martina biravugwa ko ari murukundo n’umuhanzi Muneza Christopher udakunze kuvuga iby’urukundo rwe.

Sponsored Ad

Christopher ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bazwiho kugira ibanga ku buzima bwe butandukanye n’akazi. Mu itangazamakuru yumvikana avuga ku indirimbo ze cyangwa ibitaramo runaka biragoye kumva uyu muhanzi yavuze ku nkuru y’urukundo.

Inkuru y’urukundo rwa Christopher na Abera Martina n’ivugwa mu bantu bakurikiranira hafi imyidagaduro yo mu Rwanda gusa iyo ubashije kubabaza ntawe wabona ufite gihamya igaragaza ko aba bakundana.

Christopher ubwo yakoraga ikiganiro kuri “Genesis Tv mu Irigara cyangwa se Avenue387” yabajijwe ku mubano we n’uyu mukobwa.

Mu gusubiza iki kibazo niba akundana n’uyu mukobwa ntabwo yigeze abihakana cyangwa se ngo abyemeze.

Yagize ati “Ngewe ibi bintu ntabwo nshaka kubivugaho ndifashe ,wabivuze buriya hari ahantu aba yabikuye”.
Nubwo atigeze abivugaho umwe mu nshuto z’aba bombi yabwiye Genesis Tv dukesha iyi nkuru ko bishiboka ko baba bari u rukundo ariko bikaba bitarafata indi ntera ikomeye.
Ati “Icyo nzicyo uriya musore afit gahunda ariko magingo aya sindamenya uko bihagaze ..Reka tubitege amaso”.





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa