skol
fortebet

Hamissa Mobetto yahishuye ikintu gituma abaho igihe kinini adafite umukunzi

Yanditswe: Monday 24, Apr 2023

featured-image

Sponsored Ad

Hamissa Mobetto wakundanye na Diamond banabyaranye yahishuye ko kuba akabya mu rukundo buiri mu bintu bituma akunda kubaho igihe kinini adafite umukunzi anagira inama abakobwa n’abagore kwirinda kureba muri telephone z’abagabo cg abakunzi babi.

Sponsored Ad

Hmissa yashimangiye ko kujya muri telephone y’umukunzi wawe bishobora kukuzanira ibibazo kuruta uko hari icyo byakemura.

Ati "ndatekereza ntabikora. Naribwiye ko ntazigera mfata telefoni y’umukunzi wanjye ni yo yayisiga iruhande rwanjye nkaba nzi na password. Sinshaka kwizanira ibibazo. "

Mobetto avuga ko akabya cyane ikintu ahuriyeho n’abandi bagore benshi icyiza rero ni ukwirinda kuyinjiramo.

Ati "sinzigera mfata telefoni yawe kubera ko ndakabya cyane. Ndatekereza cyane ngira ngo ni nayo mpamvu igihe kinini mba nta mukunzi mfite. Ndakeka byaratewe n’amateka yanjye ku bagabo. Iyo nkundana n’umuntu mba nkeneye ibyiringiro bihoraho. Mba nkeneye ko umugabo wanjye ambwira aho ari n’icyo arimo gukora n’igihe ari butahire cyangwa igihe turi buhurire."

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa