skol
fortebet

Ibintu 8 by’ingenzi amazi arimo indimu afasha ubuzima bwa muntu

Yanditswe: Wednesday 19, Apr 2023

featured-image

Sponsored Ad

Bimwe mu bintu bitandukanye amazi arimo indimu afasha ubuzima bwa muntu nubwo abantu benshi usanga bayanywa igihe bashaka gutakaza ibiro gusa.

Sponsored Ad

1.Impumuro nziza mu kanwa

Ku bantu bababara amenyo cg barwaye ishinya aya mazi afasha kubivura ndetse n’abahumura nabi mu kanwa. Nyuma yo kuyanwa ni byiza guhita woza mu kanwa n’umuti w’amenyo.

2.Afasha mu igogorwa ry’ibiryo no gusukura urwungano ngogozi

Ku bantu bagira ikibazo cyo gutinda kw’ibiryo mu nda bakumva batumbye, ikirungurira, cg gutura imibi cyane uyu ni umuti mwiza cyane

3.Asukura uruhu rukarushaho gucya

Kubera ukuntu asukura amaraso, birushaho no gukesha uruhu rugaragara inyuma. Si ibi gusa akora kuko anarinda iminkanyari. Ku bantu bafite inkovu cyangwa se utundi tuntu tuzanwa n’ubukuru ushobora gusigaho aya mazi bikagabanya kugaragara kwabyo

4.Arwanya infection zituruka cyane kuri virusi

Amazi y’akazuyazi arimo indimu ni umuti mwiza cyane w’indwara zimwe na zimwe harimo no kubabara no kumva wokera mu muhogo.

6.Afasha mu igogorwa ry’ibiryo no gusukura urwungano ngogozi

Ku bantu bagira ikibazo cyo gutinda kw’ibiryo mu nda bakumva batumbye, ikirungurira, cg gutura imibi cyane uyu ni umuti mwiza cyane

7.Afasha mu guta ibiro

Ibi nibyo benshi bayaziho, kubera akungahaye kuri fibre bikurinda mu kumva ufite inzara, bikakurinda kurya cyane

8.Aya mazi aha umubiri wawe ubudahangarwa buhagije, kubera vitamin C irimo ihagije inagufasha kurwanya stress cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa