Igikomangomakazi cya Denmark cyatangaje benshi kubera imyambarire-AMAFOTO
Yanditswe: Sunday 31, Dec 2017
Igikomangomakazi mary cyo muri Denmark cyatunguye abantu benshi nyuma yo kugaragara cyambaye Bikini ku mucanga wa Palm Beach uherereye muri Australia.
Iki gikomangomakazi cy’imyaka 45 cyatunguye benshi ndetse amafoto yacyo agenda sakara hose kubera iyi myambarire idasanzwe yakiranze bidasanzwe bimenyerewe ku bantu bakomoka I bwami.
Uyu mubyeyi w’abana 4 yari kumwe n’umugabo we igikomangoma Frederik ndetse benshi bakomeje gushimangira ko iki gikomangomakazi cyihebeye ibijyanye n’Imideli. (...)
Igikomangomakazi mary cyo muri Denmark cyatunguye abantu benshi nyuma yo kugaragara cyambaye Bikini ku mucanga wa Palm Beach uherereye muri Australia.
Iki gikomangomakazi cy’imyaka 45 cyatunguye benshi ndetse amafoto yacyo agenda sakara hose kubera iyi myambarire idasanzwe yakiranze bidasanzwe bimenyerewe ku bantu bakomoka I bwami.
Uyu mubyeyi w’abana 4 yari kumwe n’umugabo we igikomangoma Frederik ndetse benshi bakomeje gushimangira ko iki gikomangomakazi cyihebeye ibijyanye n’Imideli.
Dusingizimana Remy
Ibitekerezo
ibidasanzwe se yakoze nibihe ko yari yagiye mugihugu yavukiyemo mukiruhuko ahari izuba avuye mumbeho ?