skol
fortebet

Ihere ijisho uburanga bw’Abanyarwandakazi bavugisha benshi kubera ikimero (AMAFOTO)

Yanditswe: Sunday 22, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

skol

Mu mafoto atandukanye reba ubwiza bw’Abanyarwandakazi bavugisha benshi ku imbugankoranyambaga kubera ubwiza buhebuje n’ikimero bafite.

Sponsored Ad

Aho isi igeze cyane nko mu myidagaduro bIroroshye ko umuntu aba ikirangirire cyangwa akabona amahirwe atandukanye mu buzima abikomoje ku mafoto asangiza abamukurikira ku mbugankoranyambaga akishimirwa na benshi.

Twagukoreye urutonde rw’abakobwa batanu bavugisha benshi kubera amafoto yabo ndetse n’ubwiza buhebuje.

1. Yolo The Qween

Yolo The Qween n’umwe mu bakobwa bafite ubwiza n’ikimero bivugisha benshi haba mu Rwanda ndetse no hanze yarwo dore ko bivugwa ko ubu yaba ari mu rukundo n’umuhanzi ukomoka mu Leta z’unze ubumwe z’Amerika Drake wahoze ari umukunzi wa Rihanna.

2. Shaddyboo

Mbabazi Shadia(Shaddyboo) ni umwe mu banyamideri bamamaye hano mu Rwanda ndetse n’umwe mu Banyarwanda bakurikirwa n’abantu benshi ku imbugankoranyambaga, akunze kugaragara yagiranye urugwiro n’ibyamamare muri muzika hano muri Afrika nka Diamond, Davido ndetse n’abandi.

3. Uwicyeza Pamella

Uwicyeza Pamella ni umukobwa wamenyekanye cyane ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2019 avugwaho na benshi kubera uburanga budasanzwe n’imiterere bikivugisha benshi, kugeza ubu Pamella ari mu rukundo n’umuhanzi The Ben bitegura kubana mu minsi ya vuba.

4. Miss Mutesi Jolly

Miss Jolly n’umwe mu bakobwa ugira amafoto akundwa hano mu Rwanda ndetse nawe kuva yatorwa yagiye agaragara mu bikorwa bitandukanye cyane mu bitegura amarushanwa y’ubwiza haba mu Rwanda ndetse no muri Africa.

5. Uwase Muyango Claudine

Miss Muyango yitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2019 ndetse aza no kwegukana ikamba ry’umukobwa wahize abandi mu kugira amafoto meza, kugeza ubu n’umubyeyi w’umwana w’umuhungu yabyaranye n’umukunnyi w’umupira uzwi nka Kimenyi Yves.

Ibitekerezo

  • Mujye mureka gukabiriza. Yego ni beza kuko Abanyarwandakazi basanzwe ari beza .Ariko ibyo kuvigisha benshi ntitubyemeranyaho. Kwambara ubusa iwacu ntibimenyerewe mu muco dusangiye. Ukize baraza, bakanavuga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa