Imyidagaduro
Ihere ijisho uburanga bw’inkumi yari imaze igihe mu rukundo na Kanye west
Yanditswe: Wednesday 08, Jun 2022
Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bw’Umunyamideri ukomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika wamamaye nka Chaney Jones watandukanye mu rukundo n’umuraperi Kanye West wafashe izina rishya rya ’Ye’.
Aba bombi batandukanye mu gihe kitarenze amezi atanu bimenyekanye ko bari mu rukundo.
Chaney Jones n’umwe mu banyamideli bakomeye muri Leza zunze ubumwe z’Amerika aho usanga yamamariza ama Kompanyi menshi akomeye akaba n’umwe mu banayamideli banditswe cyane n’ibitangazamakuru bikomeye kubera ubwiza bwe n’ikimero bivugisha benshi.
Chaney Jones tandukanye na Kanye West nyuma yuko yari yaramaze kwishyiraho Tatoo y’izina rye rishya ’Ye’.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *