skol
fortebet

Ihere ijisho uburanga bw’umunyamakuru Martina wavuzwe mu rukundo na Christopher[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 05, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bwa Martina Abera umunyamakuru wa RBA kuri KC2 wavuzweho mu rukundo n’umuhanzi wigaruriye imitima ya benshi Christopher.

Sponsored Ad

Uyu mu kobwa ukunzwe na benshi kubera uburyo akora akazi ke akunze no kugaragara muri Miss Rwanda aho afasha mu gutangaza amanota cyangwa se imyanya y’uko abaitabiriye irushanwa bagiye bakurikirana.

Martina uretse kuba akunze gukoreshwa muri iri rushanwa abantu benshi bakunze kuvuga ko nawe yakabaye yambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda kubera uburanga bwe n’imiterere ikunze kuvugisha benshi mu bamukurikirana.

Uretse kandi kuba yaramenyekanye mu mwuga w’itangazamakuru Martina yamenyekanye cyane ubwo havugwaga inkuru ye y’urukundo na Christopher nubwo aba bombi nta numwe wigeze agira icyo atangaza kuri iyo nkuru yabavuzweho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa