Imyidagaduro
Ihere ijisho uburanga bwa Miss Nimwiza Meghan wikuye k’ubuyobozi mu muryango wa Miss Rwanda
Yanditswe: Wednesday 20, Apr 2022
Uburanga bwa Nyampinga w’u Rwanda 2019 Nimwiza Meghan wari ushinzwe itumanaho mu irushanwa rya Miss Rwanda ariko kugeza ubu bakaba bamaze gutandukana.
Ni Mwiza Meghan yitabiriye irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019 aza kwegukana ikamba nyuma agirwa umuyobozi ushinwe itumanaho muri iri rushanwa ariko kugeza ubu byamaze gutangazwa ko Nimwiza Meghan atakiri umwe mu bayobozi bategura iri rushanwa.
Miss Meghan yagiye agaragara mu bikorwa bitandukanye bitegurwa n’iri rushanwa hamwe n’abandi ba Nyampinga bo mu myaka itandukanye.
Miss Meghan ni mwiza ubwo yambikwaga ikamba 2019
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *