skol
fortebet

Ihere ijisho uburanga bwa Sandra Teta ukomeje guhangayikisha abantu kubera gukubitwa n’umugabo we(AMAFOTO)

Yanditswe: Tuesday 02, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bw’Umunyarwandakazi Saandra Teta ukomeje guhangayikisha benshi kubera gukubitwa n’umugabo we Weasel mu buryo bukabije.

Sponsored Ad

Sandra Teta ukomeje guhangayikisha benshi kubera inkoni akubitwa n’umugabo we bikamuviramo gukomereka bituma benshi batekereza ko ashobora no kuhasiga ubuzimma atuye muri Uganda aho abana n’umugabo we Weasel banabyaranye.

Hashizze iminsi ku mbugankoranyambaga havugwa inkuru ya Sandra urembejwe n’inkoni z’umugabo we ndetse iyo nkuru yaje iherekejwe n’amafoto ateye agahinda agaragaza iyicarubozo Sandra akorerwa kandi bisa naho ari ibintu bihoraho.

Nyuma yuko amashusho n’amafoto bigiye hanze bigaragaza uko Sandra amerewe abantu benshi bokomeje kumukorera ubuvugizi ndetse bagaragaza Sandra akeneye kwitabwaho akarenganurwa kuko ibyo arimo gukorerwa bidakwiye ikiremwa muntu.

Nubwo ayo mashusho n’amafoto byose bijya hanze Sandra Teta ahakana amakuru avuga ko yahohotewe n’umugabo we akavuga ko yagiriwe nabi n’abajura bamwambuye Telephone ndetse n’amafaranga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa