skol
fortebet

Indirimbo The Ben yakoranye na Sheebah yageze hanze-YUMVE

Yanditswe: Friday 07, Jul 2017

Sponsored Ad

Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben usanzwe ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yashyize hanze indirimbo nshya yakoranye na Sheebah Karungi akaba umuhanzi wubashywe mu gihugu cya Uganda.
Mu minsi ishize, The Ben wari umaze iminsi muri Uganda yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram, avuga ko iyi ndirimbo ijya hanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 07 Nyakanga 2017.
Uyu muhanzi w’umunyabigwi yavugaga ko yishimiye gukorana na Sheebah Karungi. Iyi ndirimbo kandi yatumye The Ben ava (...)

Sponsored Ad

Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben usanzwe ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yashyize hanze indirimbo nshya yakoranye na Sheebah Karungi akaba umuhanzi wubashywe mu gihugu cya Uganda.

Mu minsi ishize, The Ben wari umaze iminsi muri Uganda yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram, avuga ko iyi ndirimbo ijya hanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 07 Nyakanga 2017.

Uyu muhanzi w’umunyabigwi yavugaga ko yishimiye gukorana na Sheebah Karungi. Iyi ndirimbo kandi yatumye The Ben ava muri Amerika ajya gutunganya amashusho yayo mu gihugu cy’Afurika y’Epfo ari naho yahuriye na Sheebah Karungi.

Iyi ndirimbo ’Binkolera’ yatunganyijwe na Produced Nessim Pan.Yashyizwe hanze bwa mbere n’inzu itunganyamuzika ya Press One Entertainment isanzwe inakoreramo The Ben.

KANDA HANO WUMVE IYI NDIRIMBO:

Ibitekerezo

  • wow iyi ndirimbo ni poa kabsa imeze neza

    KO NTANDIRIMBO YA THE BEN NUMVISE MWAMBESHYE TU.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa