Irebere ubwiza n’ikimero by’abakobwa bahagarariye ibigo by’imari muri Tour du Rwanda 2021[AMAFOTO]
Yanditswe: Tuesday 04, May 2021
Ibigo by’ubucuruzi byakoresheje abakobwa bikimero n’ubwiza mu marushanwa ya Tour du Rwanda murwengo rwo kumurika ibikorwa bitandukanye byabo kugirango rubanda bamyenye ibyo bakora.
Ubwiza bw’abari n’babategarugori nikimwe mu bintu u Rwanda rumaze kumenywaho, usanga nkiyo umunyamahanga abajijwe icyo azi ku Rwanda atabura kukubwira ibyiza Imana yarwihereye harimo n’abari buburanga butangaje .
Abanyarwandakazi bazwi ho uburanga karemano, atari bimwe byateye ubu byo kwihinduranya ugasanga umuntu afite ibice by’umubiri bigera iriya kandi atari byo yavukanye.
Mu bikorwa binyuranye, ubu bwiza bugaragiwe n’ubwenge n’ubushobozi, bufasha izi nkumi mu kazi ka buri munsi. Iyo bigeze mu bikorwa mpuzamahanga nka Tour du Rwanda, bamwe muri bakobwa baritabazwa kuko baba bizeweho ubumenyi buzatuma imigendekere myiza yaryo iba nta makemwa.
Muri iri rushanwa, ubasanga cyane mu bijyanye no kwamamaza ibikorwa, aho ibigo by’ubucuruzi biba byabiyambaje ku ikubitiro ngo rubanda bamenye ibyo bikora.
Ni ko n’uyu mwaka bimeze, kuko hafi sosiyete zose ziri kwamamaza muri Tour du Rwanda uyu mwaka, zifite abakobwa beza bazifasha kumenyekanisha ibyo zikora.
Cogebanque ni yo yambika ikanahemba umukinnyi warushije abandi guterera imisozi
Abakobwa bafite amakamba muri Miss Rwanda baherekeje Cogebanque muri Tour du Rwanda
Miss Naomie Nishimwe yishimiye gukorana na Rwanda Foam












Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *