Jose Chameleone yashimiye Eddy Kenzo kuba amashusho y’indirimbo ye yatowe nk’amashusho y’ukwezi kuri MTV base.
Yanditswe: Thursday 06, Apr 2017
Nyuma yuko MTV base mugikorwa cyayo ngaruka kwezi yatangaje amashusho y’indirimbo y’ukwezi kwa Werurwe,2017 aho yemeje ko indirimbo ya Eddy Kenzo yise “Disco Disco” ariyo yatowe nk’amashusho y’indirimbo y’ukwezi kwa Werurwe, umuhanzi Jose Chameleone yagize icyo avuga ashimira mugenzi we Eddy Kenzo.
Nk’ ikinyamakuru Uganda Online, cyabitangaje Jose Chameleone yagize ati” Ni ibyigikiro, nibyo kwishimira kuri buriwesen ni Intambwe ikomeye. Wakoze neza cyane kandi ukomereze aho, dore waratowe, (...)
Nyuma yuko MTV base mugikorwa cyayo ngaruka kwezi yatangaje amashusho y’indirimbo y’ukwezi kwa Werurwe,2017 aho yemeje ko indirimbo ya Eddy Kenzo yise “Disco Disco” ariyo yatowe nk’amashusho y’indirimbo y’ukwezi kwa Werurwe, umuhanzi Jose Chameleone yagize icyo avuga ashimira mugenzi we Eddy Kenzo.
Nk’ ikinyamakuru Uganda Online, cyabitangaje Jose Chameleone yagize ati” Ni ibyigikiro, nibyo kwishimira kuri buriwesen ni Intambwe ikomeye. Wakoze neza cyane kandi ukomereze aho, dore waratowe, urakundwa nabantu benshi barenga ama miliyoni nama miliyoni, bivuzeko ibi bigomba gukomeza kugutera imbaraga n’ishyaka ryinshi, komerezaho”.
Amashusho y’indirimbo Disco Disco ya Eddy Kenzo yatowe nk’amashusho y’ukwezi kwa Werurwe.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *