Imyidagaduro
Kirenga wamamaye muri sinema Nyarwanda yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we(Amafoto)
Yanditswe: Friday 06, Jan 2023
Kirenga Saphine uri mu wamenyekanye muri sinema nyarwanda, yasezeranye mu mategeko n’Umukunzi we w’umu-Diaspora uzwi nka Dr. Mirindi Eric Dusenge.
Kirenga Saphine uri mu bakobwa bamamaye muri sinema nyarwanda, yasezeranye mu mategeko n’Umukunzi we w’umu-Diaspora witwa Dr. Mirindi Eric Dusenge.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki 5 Mutarama 2023, ubera mu murenge wa Kimihurura.
Kirenga Saphine ni umwe mu banyarwandakazi bamaze igihe mu mwuga wa sinema yamenyekanye muri Filime y’uruhererekane ikunzwe na benshi izwi nka Sebururikoko aho akinamo yitwa Kantengwa.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *