skol
fortebet

Miss Léa yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi(AMAFOTO)

Yanditswe: Thursday 29, Sep 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mutesi Léa witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2021 yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka ’Bridal Shower’ nyuma y’iminsi mike asezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we bitegura kurushinga.

Sponsored Ad

Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyamabaga ze yashimiye abakobwa bose bamuteguriye ibirori byo gusezera ubukumi.

Mu ijoro ryo ku wa 16 Nyakanga 2022 nibwo Umutesi yambitswe impeta na Peter Nasasira ubwo bari mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’uyu musore.

Ku gicamunsi cyo ku wa 23 Nzeri 2022 basezerana imbere y’amategeko mu muhango wabereye ku Murenge wa Kimihurura.

Peter Nasasira asanzwe akora akazi ko kuyobora ba mukerarugendo basura ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda.

Ubukwe bw’aba bombi buteganyijwe ku wa 2 Ukwakira 2022.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa