Miss Muheto Divine yakorewe ibirori by’igitangaza na bagenzi be bari bahanganye muri Miss Rwanda 2022[AMAFOTO]
Yanditswe: Tuesday 22, Mar 2022

Miss Nshuti Muheto Divine yakorewe ibirori by’agatangaza n’abangenzi be bari bahataniye Kamba rya Miss Rwanda, akatana umutsima n’ibisonga bye birimo Kayumba Darina na Keza Maolithia.
Miss Muheto Nyuma yo kuba Nyampinga w’u Rwanda 2022, uyu mukobwa ndetse n’abagenzi be 18 babanaga mu mwiherero basubiye aho bari bacumbitse muri La Palisse i Nyamata maze barishimana ndetse bishimira bamwe muribo babonye amakamba.
Nyuma yo kuva aho bari bacumbitse bose, byabaye ngombwa ko basubira mu miryango (...)
Miss Nshuti Muheto Divine yakorewe ibirori by’agatangaza n’abangenzi be bari bahataniye Kamba rya Miss Rwanda, akatana umutsima n’ibisonga bye birimo Kayumba Darina na Keza Maolithia.
Miss Muheto Nyuma yo kuba Nyampinga w’u Rwanda 2022, uyu mukobwa ndetse n’abagenzi be 18 babanaga mu mwiherero basubiye aho bari bacumbitse muri La Palisse i Nyamata maze barishimana ndetse bishimira bamwe muribo babonye amakamba.
Nyuma yo kuva aho bari bacumbitse bose, byabaye ngombwa ko basubira mu miryango yabo, maze abafite amakamba akomeye muribo bakirwa mu buryo budasanzwe barimo Miss Muheto Divine wabaye Nyampinga w’u Rwanda.
Ubwo Miss Muheto n’ibisonga bakataga Cake
Mu mashusho n’amafoto ari gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza uyu Miss Muheto Divine n’ibisonga bye bari gukata umutsima (Cake) bishimira Nyampinga mushya, Miss Nshuti Muheto Divine.
Muri ibi birori bibereye ijisho, Miss Muheto byari ibyishimo kuriwe kuko yakiriwe n’abo mu muryango we ndetse n’inshuti n’abavandimwe bamwifurije ishya n’ihirwe muri uru rugendo atangiye.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *