skol
fortebet

Moses yihinduye umukobwa mu byangombwa bimuranga

Yanditswe: Wednesday 26, Apr 2023

featured-image

Sponsored Ad

Turahirwa Moses wamenyekanye nk’umunyamideli washinze inzu ya Moshions yatangaje ko ubu atakibarirwa mu basore nkuko bigaragara mu byangobwa bye ahubwo ubu abarizwa mu bakobwa kandi ari ibyo kwishimira kuri we.

Sponsored Ad

Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram yagaragaje ko ubu ari umunyarwandakazi atakibarizwa mu basore.

Mu ifoto y’icyangombwa yifashisha mu ngendo zambukiranya agana hanze y’u Rwanda aho gushyiramo ijambo ‘M’ risobanura ‘Male’ cyangwa igitsinagabo, we kuri ubu harimo ‘F’ bivuze ‘Female’ cyangwa se ‘Igitsinagore’ bivuze ko yagiye mu cyiciro cy’abanyarwandakazi.

Ibi bibaye nyuma y’igihe Moses yemeye ko amashusho yamugaragaje aryamanye n’abagabo bagenzi be ari aye bishimangira ko aryamana nabo bahuje igitsina.

Ibitekerezo

  • Ariko ikigoryi biragwira! Iki kirenze ibindi.kiraga puuuu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa