skol
fortebet

Mu mafoto reba ibyaranze igitaramo cya Seka Live kitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye

Yanditswe: Monday 27, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu mafoto atandukanye irebere ibyaranze igitaramo cya Seka Live kitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye bya hano mu Rwanda ndetse n’umuyarwenya ukomeye Eric Omondi uturuka mu Gihugu cya Kenya.

Sponsored Ad

Ni igitaramo cyabaye kuri iki cyumweru taliki 26 Kamena 2022 kitabiriwe n’abanyarwenya batandukanye ndetse banahabwa umwanya mu gushimisha abari bitabiriye icyo gitaramo.

Mu banyarwenya bari bitabiriye igitaramo harimo abanyarwenya bamaze kubaka izina hano mu Rwanda nka Arthur(Rutura), Zaba Mised Call,Fally Merci,Herve Kimenyi, Rusine uri mu banyarwenya bakunzwe cyane muri iyi minsi, Crapton Kibonge, ndetse na Eric Omondi umunyarwenya ukomeye waturutse mu Gihugu cya Kenya.

Iki gitaramo kandi kitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Miss Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa, Uncle Austin, ndetse n’abandi benshi banyuzwe n’urwenya rwari aho.

Eric Omondi ni umwe mubahaye ibyishimo abitabiriye igitaramo

Fally Merci nawe yashimishije abitabiriye igitaramo

Rusine yashimishije abantu karahava

Miss Umunyana Shanitah nawe yari yitabiriye igitaramo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa