skol
fortebet

Mu mafoto reba uko ibyamamare byizihije umunsi wo gusohora ururimi(AMAFOTO)

Yanditswe: Wednesday 20, Jul 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu mafoto atandukanye reba uko ibyamamare ku isi byizihije umunsi ngarukamwaka wo gusohora ururimi benshi bafata nk’umuco utari mwiza.

Sponsored Ad

Umunsi wo gusohora ururimi ni umunsi ngarukamwaka wizihizwa kuwa 19 Nyakanga ku Isi yose muri rusange by’umwihariko muri Leta zunze ubumwe za America cyane ko ahandi usanga babifata nk’umuco utaboneye cyangwa se bamwe bakaba batanabizi.

Ni umunsi ukunze kwizihizwa cyane n’abiganjemo ibyamamare ku Isi bituruka muri Leta zunze umumwe za America cyane ko mu gace k’uburengerazuza bwa Asia kazwi nka Tibet bifatwa nk’ubupfura.

Kugeza ubu umunsi wo gusohora ururimi ibisobanuro byawo biboneye ntibiratangwa kuko usanga bamwe bavuga ko ari ugushishikariza abantu kugana muganga, abandi bakavuga ko ari umunsi wo gusohora ururimi barwereka abo bakundana.

Me Thee Stallion

Rihanna

Katy Perry

Nick Minaj

Celine Dion

Kim Kardashian

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa