skol
fortebet

Mu magambo y’urukundo, Patient Bizimana yifurije isabukuru nziza umugore we Gentille

author-image

Yanditswe na: Rebecca UFITAMAHORO
Kuwa: Wednesday 26, Jan 2022

Mu magambo y'urukundo, Patient Bizimana yifurije isabukuru nziza umugore we Gentille

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana Patient Bizimana yatomoye umugore we ku munsi we w’isabukuru y’amavuko avuga ko ari igitangaza cyabayeho mu buzima bwe.
Patient yabitangaje yifashishije urukuta rwe twa Instagram aho yanditse ubutumwa kuri uyu wa 25 Mutarama 2022 yifuriza umugore we isabukuru nziza y’amavuko y’imyaka atigeze avuga.
Ati “Isabukuru nziza mugore wanjye w’igikundiro ukaba umuntu tuzafatanya ubuzima bwose, Gentille B wuzuza umutima wanjye, gikundiro cyanjye ndetse (…)

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana Patient Bizimana yatomoye umugore we ku munsi we w’isabukuru y’amavuko avuga ko ari igitangaza cyabayeho mu buzima bwe.

Patient yabitangaje yifashishije urukuta rwe twa Instagram aho yanditse ubutumwa kuri uyu wa 25 Mutarama 2022 yifuriza umugore we isabukuru nziza y’amavuko y’imyaka atigeze avuga.

Ati “Isabukuru nziza mugore wanjye w’igikundiro ukaba umuntu tuzafatanya ubuzima bwose, Gentille B wuzuza umutima wanjye, gikundiro cyanjye ndetse n’umugisha wanjye.”

“ Uyu munsi ndishimira ubuzima bwawe. Uri igitangaza cyabayeho mu buzima bwanjye. Turi kumwe ubuzima bufite igisobanuro cya nyacyo ndetse bugira icyanga cyo kubunerezerwamo.”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa