Niwe mugore uhiga abandi ku isi! Mu mitoma itangaje umunyamakuru Murungi Sabin yifurije isabukuru nziza umugore we
Yanditswe: Monday 09, May 2022
Umunyamakuru umaze kwigarurira imitima ya Benshi Murungi Sabin umenyerewe cyane mu ibiganiniro akorera ku isimbi Tv bigafasha benshi yifurije isabukuru nziza umugore we ahamya ko ntamugore umurusha ubwiza ku isi.
Umunyamakuru umaze kwamamara mu Rwanda ndetse no hanze yarwo kubera ibiganiro bye n’ibikorwa bitandukanye bifasha benshi yifurije isabukuru nziza y’amavuko umugore we agaragaza ko yahiriwe kugira umugore ufite ubwiza buhebuje.
Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagize ati"Ni we mugore uhiga abandi ubwiza ku Isi….Isabukuru nziza kandi turakundana ndetse turasa urabizi👊🏾 Blessings @raissa_murungi
Sabin yamamaye mu biganiro akora bifasha imitima ya benshi ndetse bikagira n’uruhare mu guhindura ubuzima bw’abamwe.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *