skol
fortebet

Niwe muhanzi nyarwanda wabashije gukora neza Cover “gusubiramo” y’indirimbo ku Munini ya Mavenge Sudi-REBA HANO

Yanditswe: Saturday 22, Apr 2017

Sponsored Ad

Amazina y’ababyeyi ni Kabundo Ramadhan Junior ufite amazina ya gihanzi riyo Ramy Kafrika,akaba yaravutse ku italiki 21 Gicurasi mu mwaka wa 1988 hanyuma avukira I Kigali ahazwi nka Kicukiro.
Ramadhan yize amashuli abanza ku kigo kizwi nka Ecole Primaire Ntwali giherereye Inyamirambo hanyuma akomereza Ikiciro cya mbere cy’amashuli y’Isumbuye mu kigo cya Group Scolaire Officiel de Butare maze ikiciro cyanyuma cy’amashuli y’Isumbuye akiga I Gisenyi mu kigo nacyo kizwi nka College Inyemeramihigo. (...)

Sponsored Ad

Amazina y’ababyeyi ni Kabundo Ramadhan Junior ufite amazina ya gihanzi riyo Ramy Kafrika,akaba yaravutse ku italiki 21 Gicurasi mu mwaka wa 1988 hanyuma avukira I Kigali ahazwi nka Kicukiro.

Ramadhan yize amashuli abanza ku kigo kizwi nka Ecole Primaire Ntwali giherereye Inyamirambo hanyuma akomereza Ikiciro cya mbere cy’amashuli y’Isumbuye mu kigo cya Group Scolaire Officiel de Butare maze ikiciro cyanyuma cy’amashuli y’Isumbuye akiga I Gisenyi mu kigo nacyo kizwi nka College Inyemeramihigo.

Kafrika aganira n’umuryango.rw yatubwiye ko yatangiye ibikorwa bya muzika mu mwaka wa 2009 gusa nyuma muri 2010 aza kuba awuhagaritse kubera impamvu z’akazi aho ngo yakoreraga mu gihugu cya DR Congo.

Ramadha akaba yakomeje atubwira ko ngo ubu aribwo umuziki awugarutsemo..ndetse akaba awugarutsemo yitabira namwe mu marushanwa ategurwa na Affrifame aho we yaje asubiramo neza neza indirimbo ya Mavenge Sudi yifashishije umurya wa Guitar gusa nkuko muri bubibone mu Kavideo gato kuyu muhanzi kari hasi Indirimbo yitwa Ku Munini.

REBA HASI ASUBIRAMO INDIRIMBO KU MUNINI YA MAVENGE SUDI

Martin MUNEZERO

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa