Imyidagaduro
Nyuma ya Sandra Teta, Weasel yagaragaye ari kumwe nundi mukobwa umutwitiye umwana wa 29
Yanditswe: Friday 02, Sep 2022

Nyuma yuko Sandra Teta agarutse I Kigali, umuhanzi Douglas Mayanja uzwi nka Weasel yerekanye undi mukunzi we mushya umutwitiye umwana wa 29 avuga ko ariwe wa nyuma.
Muri Video yagaragaye ku mbugankorambaga weasel yarari kumwe nuyu mukunzi we mushya basa nkabari mu byishimo bafatanye agatoki ku kandi.
Weasel kugeza ubu ntiharamenyekana icyo abagore baba bamukurikiranyeho dore ko azwiho kugira benshi, yumvikana avuga ngo, “nsanzwe mfite abana 28, ubu umukunzi wanjye antwitiye uwa 29 bishoboka kuba ari nawe wa nyuma.”
Kugeza ubu ntiharamenyekana amazina yuyu mukobwa wahise ajya mu mwanya wa Teta ariko ibinyamakuru bimwe bivuga ko uyu asanzwe ari Slay Queen.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *