skol
fortebet

Nyuma yo kugura indege 2, Diamond agiye gushinga sosiyete y’ubwikorezi mu kirere

author-image

Yanditswe na: TUYISENGE Fabrice
Kuwa: Saturday 13, Aug 2022

Nyuma yo kugura indege 2, Diamond agiye gushinga sosiyete y'ubwikorezi mu kirere

Sponsored Ad

skol

Diamond Platnumz nyuma yo kugura indege ye bwite ndetse na kajugujugu agiye gushora imari muri sosiyete ikora ubwikorezi bw’abantu n’ ibintu mu kirere.

Diamond Platnumz nyuma yo kugura indege ye bwite ndetse na kajugujugu agiye gushora imari muri sosiyete ikora ubwikorezi bw’abantu n’ ibintu mu kirere.

ibi yabitangarije ibinyamakuru byo muri Africa y’epfo ubwo yarari mu isabukuru y’umukobwa we wari wujuje imyaka 7 y’amavuko, Miss Princess Tiffany.

Ibinyamakuru byinshi by’iwabo muri Tanzaniya byanditse ko iyi Sosiyete ashobora kuzayita Wasafi Airlines babishingiye kukuba ibindi bikorwa bye by’ubucuruzi byose afite iri zina ridakunze kuburamo, urugero ni nka Wasafi Records Label, Wasafi TV, Wasafi FM ndetse na Wasafi Bet

Diamond Platnumz asanzwe ari umuyobozi mukuru wa Wasafi Group irimo ibigo by’itangazamakuru, ibigo bitega ku mikino ndetse n’ibireberera inyungu z’abahanzi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa