Imyidagaduro
Pamela wo mu itsinda rya Mackenzies ribarizwamo Miss Naomie yambitswe impeta(amafoto)
Yanditswe: Wednesday 09, Nov 2022
Ibyishimo ni byose ku itsinda ry’abanyamideli rimaze kubaka izina hano mu Rwanda rizarizwama Miss Naomie n’abavandimwe be nyuma y’uko umwe muri bo yambitswe impeta y’urudashira.
Ku mbugankoranyambaga z’aba bakobwa bose bashyizeho amashusho agaragaza ko bishimiye intambwe mugenzi wabo yateye.
Loana Pamla ni umukobwa udakunze kugaragara mu bitangazamakuru uretse kuba agaragara nk’umwe mu itsinda rya Mackenzies.
Abagize iri tsinda barimo Miss Naomie bagaragaje ko bamwishimiye ndetse ko bategerezanyije amatsikoumunsi nyirizina.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *