skol
fortebet

Producer Element akoze agashya katarakorwa n’undi mu Producer mu Rwanda.

Yanditswe: Saturday 13, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mugisha Fred Robinson wamamaye nka @element_eleeeh mu gukora imiziki y’abahanzi yakoze agashya katarakorwa n’undi mu Producer mu Rwanda nyuma yo gukora indirimbo ye ya mbere “Kashe” mu gihe cy’ ibyumweru 2 gusa ikuzuza miliyoni kuri youtube.

Sponsored Ad

Iyi ndirimbo Kashe yujuje miliyoni mu gihe k’iminsi 14 idafite amashusho yayo ya nyayo (official Video) ahubwo ari amashusho aherekejwe n’amagambo aririmbwa (Video Lyrics & Visualize)

Sibyo gusa kuko element yaciye agahigo ko gukurikirwa n’abantu benshi mu gihe gito kuri youtube (Subscribe) aho yagize abarenga ibihimbi 32 mu gihe cy’ibyumweru 2 gusa aho mbere yakurikirwaga n’abatarenga ibihumbi 8, ubu akaba afite abarenga ibihumbi 40.

Element ari muba Producer bamaze gutsindira ibihembo bigiye bitandukanye birimo Kiss Summer Producer, Isango na Muzika n’ibindi bitangwa mu gihugu bigenewe aba Producer bakora bakanatunganya umuziki.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa