Imyidagaduro
Reba ubwiza n’ikimero bitangaje by’Umukobwa watwaye umutima wa Diamond
Yanditswe: Friday 18, Jun 2021
Naseeb Abdul Juma Issack umaze kwamamara ku izina rya Diamond Platnumz, uyu umuhanzi wo muri Tanzania yemejeko ari mu munyenga w’urukundo n’umunyamideli ukomoka muri Afurika y’Epfo , Andrea Abrahams yamaze imyaka 9 amusaba urukundo byaranze.
Mu kiganiro yagiranye na Wasafi FM, ikaba na radio ye, yavuze ko ubu aryohewe n’urukundo rwa Andrea yatangiye gutereta muri 2013 ariko akamwemerera umwaka ushize wa 2020.
Yagize ati”ni mwiza, ni mwiza pe. Azi uburyo bwo kubana mu mahoro n’umuryango wanjye nta binyoma. Natangiye kumutereta muri 2013, akomeza kunjyana hirya no hino, yanyemereye umwaka ushize."
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *