skol
fortebet

Se wa Umuhoza Pascaline witabiriye irushwana rya Miss Rwanda 2022 yitabye Imana

Yanditswe: Wednesday 04, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Miss Umuhoza Pascaline waruri mubakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 ,detse akaza no muri 20 bitabiriye umwiherero wa Miss Rwanda w’uyu Mwaka yapfushije Papa we.
Dad, thanks for being a great parent & person too.. .Thanks for raising us, thanks for your love💔😭...Papa ugiye tukigukeneye ariko iruhukire😭...We will make u proud daddy❤. Rest in peace Love of my life 🕊️😭💔I love you ❤ pic.twitter.com/WUBLcXFUgA— Umuhoza Pascaline🕯 (@Umuhoza_Emmaa) May 4, 2022
Iyi nkuru y’incamugongo (...)

Sponsored Ad

Miss Umuhoza Pascaline waruri mubakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 ,detse akaza no muri 20 bitabiriye umwiherero wa Miss Rwanda w’uyu Mwaka yapfushije Papa we.

Iyi nkuru y’incamugongo yayisagije abamukurikirana ku rukuta rwe rwa twitter aho yagize ati”Papa warakoze kumbera umubyeyi mwiza , warakoze kudukuza neza , warakoze kunkunda,Papa ugiye tukigukeneye ariko iruhukire, Tuzagutera ishema papa, Ruhukira mu mahoro rukundo rw’ubuzimwa bwanjye , ndagukunda cyane.

Umuhoza Emma Pascaline ari mu bakobwa 20 bavuyemo Nyampinga w’u Rwanda 2022. Yaravuzwe biratinda muri iri rushanwa, ndetse yari afite igihihiri cy’abafana barimo Rwarutabura, Rujugiro n’abandi bari barajwe ishinga no kumugeza ku ikamba.

Uyu mukobwa ni umwe mu babarizwa muri ‘Kigali Protocal’ ibarizwamo benshi mu bakobwa banyuze mu irushanwa rya Miss Rwanda batanga serivisi zijyanye na ‘Protocol’ mu birori, ibitaramo, amasabukuru n’ibindi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa