skol
fortebet

Shaddyboo ku isabukuru ye yivuze ibigwi ahishura kimwe mu bintu adashobora guhagarika

Yanditswe: Wednesday 20, Apr 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mbabazi Shadia wamamaye ku izina rya Shaddyboo Umunyamideri wa mbere mu Rwanda ukurikirwa n’imbaga nyamwishi ku mbuga nkoranyambaga ze ku isabukuru ye y’amavuko yivuze ibigwi nk’umugore wiyiziho ko akomeye kandi uzi gukora.

Sponsored Ad

Ni kuri uyu wa gatatu taliki ya 20 Mata 2022 Shaddyboo arizihiza isabukuru y’amavuko y’imyaka 30 abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram uyu mu gore w’abana babiri yavuze ko yishimira ibyo yagezeho muri uyu mwaka wose ashimira n’Imana yabimushoboje.

Mu butumwa yanditse yagize ati"Ku munsi w’amavuko yange ndashaka kwishimira ubwange kuw’uko nagize gukomera, kwwihangana,no gutinyuka guhangana n’ibintu byose byambayeho muri uy mwaka wose nkanashimira Imana yabinshoboje nkabasha no kwiteza imbere.

Uretse nawe ubwe n’ibindi byamamre bitandukanye byakomeje kumwifuriza isabukuru nziza babinyujije mu mafoto y’uyu mu nyamideri aherekejwe n’ubutumwa butandukanye bigaragara ko akunzwe.

Mu bamwifurije isabukuru nziza harimo n’umukunzi we Manzi Jeannot wagize ati" Nkwifurije kuba ubuzima bwakuzanira byose uhora urota rukundo.

Shaddyboo yavutse kuwa 20 Mata 1992 avukira mu Rwanda aba ari naho akurira kuri ubu n’umu Mama w’abana babiri.

Mu butumwa bwa Shaddyboo yavuze ko atazigera na rimwe ahagarika Kwikuda

Shaddyboo yavuze ko yitegura gukora ibirori by’isabukuru ye kuri uyu wa gatandatu taliki ya 23 Mata 2022 aho azishimira gusangira n’abana mu kwizihiza umunsi we w’amavuko asaba abifuza gufatanya nawe kumushyigikira nkuko basanzwe babikora.

Ibitekerezo

  • Courage cyane mukutugezaho amakur *Jane*

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa