skol
fortebet

Tonzi ari mu byishimo byo kwibaruka umwana wa gatatu

Yanditswe: Friday 23, Sep 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Uwitonze Clemantine wamenyekanye nka Tonzi ari mu byishimo byinshi n’umuryango nyuma yo kwibaruka umwana wa gatatu w’umukobwa.

Sponsored Ad

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram Tonzi yagaragaje ko anyuzwe n’umugisha Imana yabahaye nk’impano nziza kandi ihebuje.

Ati “Mutima wanjye himbaza Uwiteka...Zaburi 103, Turakwakiriye kibondo, mpano nziza ihebuje itangwa n’ Imana.”

Uyu mwana wa Gatatu Tonzi yibarutse aje akurikira abandi babiri babakobwa umwe wavutse muri 2013 nundi avuka muri 2016.

Tonzi n’umugabo we bamaranye imyaka igera muri 20 bari mu munyenga w’urukundo cyane ko urukundo rwabo rwahereye ku ntebe y’ishuri ubwo bigaga muri Apace.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa