skol
fortebet

Turi urumuri rutazima!Juno Kizigenza yasabye urubyiruko guharanira kuba urumuri rw’ibyiza

Yanditswe: Tuesday 11, Apr 2023

featured-image

Sponsored Ad

Muri iki gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange bari mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 umuhanzi Juno Kizigenza yasabye urubyiruko kurushaho guharanira kuba urumuri rw’ibyiza kand ruhora rwaka.

Sponsored Ad

Kimwe n’abandi bahanzi bakomemeje gutanga ubutumwa butandukanye bw’inkomezi muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi Juno nawe yageneye ubutumwa urubyiruko bagenzi be abibutsa ko aho bageze uyu munsi hadakwiye kubibagiza aho bavuye.

Mu butumw bwe Juno Kizigenza we yagize ati "Rubyiruko bagenzi banjye, turibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, buri ntambwe y’urumuri yose mubona twateye ifite igisobanuro mu mwijima aho twavuye. Turi urumuri rutazima. Twibuke Twiyubaka."

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa