Muri iri siganwa rigiye kuba ku nshuro ya mbere, u Rwanda rufitemo abakinnyi bane ari bo:
Iragena Charlotte, Mwamikazi Jazilla, Ntakirutimana Martha na Nyirarukundo Claudette.
Ntakirutimana Martha na Nyirarukundo Claudette bari bakinnye mu gusiganwa n’igihe buri wese agenda wenyine, mu gihe kandi Nyirarukundo yanakinnye muri "Team Time Trial Mixed Relay".
Muri rusange, isiganwa rigizwe n’abakinnyi 82 bo mu bihugu 40.



Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *