skol
fortebet

U Rwanda ruhagarariwe n’abakinnyi bane

author-image

Yanditswe na: ISIMBI Estella
Kuwa: Thursday 25, Sep 2025

U Rwanda ruhagarariwe n'abakinnyi bane

Sponsored Ad

skol

Muri iri siganwa rigiye kuba ku nshuro ya mbere, u Rwanda rufitemo abakinnyi bane ari bo:

Iragena Charlotte, Mwamikazi Jazilla, Ntakirutimana Martha na Nyirarukundo Claudette.

Ntakirutimana Martha na Nyirarukundo Claudette bari bakinnye mu gusiganwa n’igihe buri wese agenda wenyine, mu gihe kandi Nyirarukundo yanakinnye muri "Team Time Trial Mixed Relay".

Muri rusange, isiganwa rigizwe n’abakinnyi 82 bo mu bihugu 40.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa