Ubuhanga budasanzwe mu ifatwa ry’amashusho y’indirimbo Nshya ya Okkama “Puculi” [VIDEO].
Yanditswe: Friday 11, Feb 2022
Umuhanzi Nyarwanda wamamaye ku izina rya Okkkam yashyize hanze indirimbo yise Puculi ikoranye ubuhanga budasanzwe muburyo bw’amajwi ndetse n’amashusho.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 11Gashyantare 2022 umuhanzi Okkam wamamaye cyane mu ndirimbo aherutse gushyira hanze yise Iyallah indirimbo yakunzwe nabatari bake mu Rwanda ndetse ikanavugisha benshi bitewe n’ubuhanga bwari buri muri iyo ndirimbo by’umwihariko k’umuhanzi Ukizamuka.
Uyu muhanzi kandi yagaragaye mu ndirimbo yakoranye na Kenny sol bise Lotto aba bombi n’abahanzi bakizamuka ariko batanga ishusho y’ikizere mu iterambere no kwaguka kwa muzika nyarwanda.
Umuhanzi ukiri muto Okkam kuri ubu yashyize hanze indirimbo yise Puculi
KANDA HANO UBONE INDIRIMBO https://youtu.be/VaumWL9Lc1k
Okkam akomeje gutungura benshi mu buhanga budasanzwe bugaragara mu bihangano bye.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *