Ubushotoranyi budasanzwe bw’umupasiteri wo muri ADEPR wavuze ko Anita Pendo atwite umwijuto(AMAFOTO)
Yanditswe: Thursday 04, May 2017
Umupasiteri wo mu idini rya ADEPR wiyita Pascal Mwene Nyirindekwe kuri Facebook yavuze ko Anita Pendo adatwite ahaze ahubwo ashaka ko abantu bakomeza ku muvugaho, ndetse anavuga ko we yamuvumbuye nta magambo yamukuramo.
Uyu niwe Pasiteri Mwene Nyirindekwe Pascal
Ibi Pascal Mwene Nyamurinda yabitangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook abihereye ku ifoto Anita Pendo aherutse gushyira Ku rukuta rwe rwa Instagram avuga ko akurikije amafato abona inda ya Anita Pendo itagaragara (…)
Umupasiteri wo mu idini rya ADEPR wiyita Pascal Mwene Nyirindekwe kuri Facebook yavuze ko Anita Pendo adatwite ahaze ahubwo ashaka ko abantu bakomeza ku muvugaho, ndetse anavuga ko we yamuvumbuye nta magambo yamukuramo.
Uyu niwe Pasiteri Mwene Nyirindekwe Pascal
Ibi Pascal Mwene Nyamurinda yabitangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook abihereye ku ifoto Anita Pendo aherutse gushyira Ku rukuta rwe rwa Instagram avuga ko akurikije amafato abona inda ya Anita Pendo itagaragara nk’inda irimo umwana ahubwo igaragara nk’inda y’umuntu uhaze, ahubwo Anita agamije gukomeza kuvugwa anongeraho ko niba ari amagambo akeneye, we atayamukuramo
Aya niyo magambo Pasiteri Nyirindekwe yanditse avuga kuri Anita Pendo
Yagize ati “Anita ntababeshya ubu koko murabona iyi nda irimo umwana? Cyangwa aragirango abavanemo amagambo? Inda irimo umwana n’iyijuse ntimuzi kuzitandukanya koko? Ani ?Njye nta magambo umvanyemo nagutahuye urimo kuryoshya”
Umuntu yakwibaza niba ubu ari ubushotoranyi uyu mukozi w’Imana yakoze cyangwa niba arimo gushakaka kumenyekana yibashishije umushusharugamba Anita Pendo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *