skol
fortebet

Umubyeyi wa Rihanna yatangaje ko nawe yatunguwe no kubona umukobwa we atwite

Yanditswe: Monday 20, Feb 2023

featured-image

Sponsored Ad

Ronald Fenty, umubyeyi w’umuhanzikazi Rihanna yatangaje ko yatunguwe no kubona umwana we atwite inda y’umwana wa kabiri kimwe n’abandi bose.

Sponsored Ad

Ronald Fenty, papa w’umuhanzikazi Rihanna yatangaje ko yatunguwe no kubona umwana we atwite inda y’umwana wa kabiri kimwe n’abandi bose.

Uyu mubyeyi yatangarije TMZ ko nawe yagiye kureba ibirori bya Super Bowl halftime show nk’abandi bose agiye kwishima, agatungurwa no kubona umwana we agaragaje ko atwite umwana wa kabiri kandi atari abizi.

Uyu mubyeyi yavuze ko atajya yinjira mu buzima bw’umwana we Rihanna n’umukwe we A$AP Rocky cyane.

Umuhanzikazi Rihanna yagaragaje ko atwite inda y’umwana wa kabiri ku wa 13 Gashyantare 2023 ubwo yari arimo gutaramira abitabiriye ibirori bya Super Bowl halftime show byabereye State Farm Stadium muri Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za America.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa