skol
fortebet

Umunyamakuru Dianah yibasiye Zari amushinja gukabya mu rukundo

Yanditswe: Friday 25, Nov 2022

featured-image

Sponsored Ad

Dianah Nabatanzi uri mu banyamakuru n’ibyamamare bigezweho, n’abandi batandukanye b’i Kampala, batangaje ko basanga intege nke za Zari Hassan ari ukujya mu rukundo cyane agakabya.

Sponsored Ad

Dianah Nabatanzi uri mu banyamakuru n’ibyamamare bigezweho, n’abandi batandukanye b’i Kampala, batangaje ko basanga intege nke za Zari Hassan ari ukujya mu rukundo cyane agakabya.

Nabatanzi yagize ati: ”Imwe mu mbogamizi afite iyo akunze arakabya, ari muri ba bantu bakunda ukagira ngo ntibigeze bakundaho, mbere ugasanga babigize intambara.”

Powers na we yagize ati: ”Zari atwihanganire kuko ni icyamamare ariko hari igihe njya nibaza niba ajya anyurwa mu rukundo. Usanga iyo akunze abigira intambara cyane, gusa na none ibyo ntacyo bitwaye kuko abantu nkawe bakunda cyane baba ari beza.”

Ibi babitangaje mu kiganiro yagiranye na Haffy Powers na Hasifah Karungi mu kiganiro cya Kasukaali kinyura kuri televiziyo BBS yo muri Uganda.

Ibi kandi babivuze nyuma y’igihe Zari yibasirwa n’abantu benshi batandukanye bavuga ko akundana n’umusore abyaye ndetse ko n’uburyo yitwara mu rukundo ntaho bihuriye n’imyaka ye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa