skol
fortebet

Umunyamakuru Edman wavuzweho gutandukana n’umugore nyuma y’amezi make bakoze ubukwe basubiranye

Yanditswe: Friday 18, Nov 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umunyamakuru Edman wavuzweho gutandukana n’umugore we Liza nyuma y’amezi ane bakoze ubukwe, yagaragaye ari kumwe na Liza ndetse bari mu byishimo byo kwitegura kwibaruka imfura yabo.

Sponsored Ad

Umunyamakuru Edman wavuzweho gutandukana n’umugore we Liza nyuma y’amezi ane bakoze ubukwe, yagaragaye ari kumwe na Liza ndetse bari mu byishimo byo kwitegura kwibaruka imfura yabo.

Edman abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije abamukurikirana amafoto ari kumwe n’umugore we Liza ayakurikiza ubutumwa bugira buti "Nagusezeranyije kugukunda, kukwitaho no kutazigera nkwirengagiza kubera ko uri ubuzima kuri njye."

Edman kandi aganira na inyaRwanda.com, yavuze ko nyuma y’ibyavuzwe byose urukundo ruruta byose.

Yagize ati “Urukundo ruruta byose kandi iyo ruganje ukuri gutsinda ikinyoma”.

Abajijwe ku kuba yarasubiranye n’umugore we, Edman yavuze ko adakunda ibihuha ati “Ugende ubabwire ko twasubiranye.”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa