skol
fortebet

Umunyamideli Demi Rose uteye nk’igisabo yateye benshi kuvugishwa kubera amafoto akurura abagabo yashyize hanze [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 10, Aug 2018

Sponsored Ad

Umunyamideli w’Umwongereza Demi Rose ufatwa nkumwe mu bakobwa bateye neza ku isi yongeye gutuma benshi bacika ururondogoro kubera amafoto akurura abagabo yashyize hanze yambaye Bikini.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa w’imyaka 23 yongeye koreka abagabo kubera amafoto yifotoreje ku mucanga w’ahitwa Ibiza muri Espagne yambaye utwenda tw’imbere ndetse benshi bongeye gutangarira imiterere ye by’umwihariko ikibuno cye.

Ubwo aya mafoto yajyaga hanze,benshi bongeye kuvuga ko umuraperi Tyga bakundanye yahombye kubera ubwiza bw’uyu munyamideli.

Ubwiza bwa Demi Rose bwatumye yigwizaho abakunzi ku rubuga rwa Instagram aho kuri ubu afite abamukurikira bagera kuri miliyoni z’ibihumbi 7 n’ibihumbi 200.

Demi Rose yatangarije ikinyamakuru The Sun ko mu minsi iri imbere azinjira mu mwuga wo gukina filimi kubera ko abikunda cyane aho kuguma mu kumurika imideli gusa.






Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa