skol

Umunyamideli yasajije ibyamamare bitandukanye kubera amafoto akomeje gusakaza ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uburanga bwe [AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 05, Nov 2018

Umunyamideli w’umunyamerika wiyita Ana Montana ariko amazina ye nyakuri akaba ari Analicia Chaves,akomeje gutwara imitima y’ibyamamare kubera imiterere y’umubiri we aho ibyamamare bitandukanye birimo abakinnyi ba ruhago ndetse n’abahanzi bakomeye muri USA.
Analicia Chaves w’imyaka 29,akomeje kwamamara kuri Instagram ndetse uburanga bwe bukomeje kumukururira abakunzi batagira ingano barimo n’abakinnyi ba ruhago batandukanye.
Uyu mwamikazi wa Instagram nkuko ari kwitwa na benshi mu bafana (…)

Umunyamideli w’umunyamerika wiyita Ana Montana ariko amazina ye nyakuri akaba ari Analicia Chaves,akomeje gutwara imitima y’ibyamamare kubera imiterere y’umubiri we aho ibyamamare bitandukanye birimo abakinnyi ba ruhago ndetse n’abahanzi bakomeye muri USA.

Analicia Chaves w’imyaka 29,akomeje kwamamara kuri Instagram ndetse uburanga bwe bukomeje kumukururira abakunzi batagira ingano barimo n’abakinnyi ba ruhago batandukanye.

Uyu mwamikazi wa Instagram nkuko ari kwitwa na benshi mu bafana be,yavuzwe mu rukundo na rutahizamu Karim Benzema wa Real Madrid ndetse bivugwa ko na kizigenza Cristiano Ronaldo amwemera kubi,kuko akunze gukanda like ku mafoto ye kenshi.

Analicia Chaves yigaruriye imitima y’abaraperi bo muri USA kuko yagiye agaragara mu mashusho y’indirimbo za Flo Rida na Rick Ross n’abandi.

Ibitekerezo

  • Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa.Bisome muli 2 Petero 3:9.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa