skol
fortebet

Umunyamidelikazi Zari akomeje kuryoherwa mu rukundo n’umuherwe GK Choppa[AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 22, Feb 2022

featured-image

Sponsored Ad

Uyu mugore abinyujije kuri Facebook yasangije abamukurikira amafoto ye n’uyu musore agaragaza ko basigaye bakundana.
Ibi byabaye nk’ibikura urujijo ku makuru yavugaga ko bari mu rukundo ariko hagati yabo ntawe urayahamya.
GK Choppa agaragara nk’umusore uri mu myaka ya 30 mu gihe Zari afite imyaka 41, akaba umugore ufite amafaranga ubarizwa Uganda.
Zari waherukaga kuvugwa mu 2021 ubwo byavugwaga ko akundana na Dark Stallion, yanakundanye na Diamond ndetse batangira kubana mu mpera za 2014. (...)

Sponsored Ad

Uyu mugore abinyujije kuri Facebook yasangije abamukurikira amafoto ye n’uyu musore agaragaza ko basigaye bakundana.

Ibi byabaye nk’ibikura urujijo ku makuru yavugaga ko bari mu rukundo ariko hagati yabo ntawe urayahamya.

GK Choppa agaragara nk’umusore uri mu myaka ya 30 mu gihe Zari afite imyaka 41, akaba umugore ufite amafaranga ubarizwa Uganda.

Zari waherukaga kuvugwa mu 2021 ubwo byavugwaga ko akundana na Dark Stallion, yanakundanye na Diamond ndetse batangira kubana mu mpera za 2014. Icyo gihe uyu muyobozi wa Wasafi Classic Baby [WCB] yari amaze gutandukana na Wema Sepetu.

Ku wa 14 Gashyantare 2018 ku munsi wahariwe abakundanye (Saint Valentin) nibwo Zari yanditse kuri Instagram yemeza ko ‘ibye na Diamond byarangiye’ amushinja kumuca inyuma.

Nyuma yo gutandukana n’uyu muhanzi mu 2019 nabwo yakundanaga n’uwitwa King Bae na we nyuma baza gutandukana.




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa