skol
fortebet

Urukundo rwa Diamond na Zuchu birakekwa ko rwajemo agatotsi

Yanditswe: Friday 24, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Nyuma y’uko Umuhanzi ukomeye muri Tanzania no muri Afurika muri rusange wamamaye nka Diamond aciye amarenga ko yaba ari mu rukundo n’umuhanzikazi Zuchu baherutse gukorana indirimbo ndetse bakaba banahuriye munzu ya Wasafi birakekwa ko urukundo rwabo rwaba rwajemo agatotsi. nyuma y’uko uyu muhanzikazi asibye amafoto yose ari kumwe na Diamond.

Sponsored Ad

Ibi bitangiye kuvugwa nyuma y’uko uyu muhanzikazi asibye amafoto yose ari kumwe na Diamond ku imbugankoranyambaga akoresha.

Urukundo rw’aba bombi rwatangiye kuvugwa cyane nyuma y’uko bashyize hanze indirimbo ’mtasubili’ bakoranye ndetse n’amafoto yagiye acicikana ku mbugankoranyambaga bari kumwe gusa kugeza ubu muri bo nta numwe wigeze agira icyo abitangazaho.

Nubwo bamwe bavuga ko icyo cyaba ikimenyetso kigaragaza ko umubano w’aba bombi udahagaze neza abandi baravuga ko ari ukugirango babashe kwamamaza indirimbo @officialzuchu yakoranye na @adekunlegold bitegura gushyira hanze mu minsi ya vuba.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa