skol
fortebet

Zari Hassan yongeye kwibasirwa bikomeye nyuma yo kwerekana umusore muto cyane bari mu buryohe bw’urukundo[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 02, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Uyu muherwekazi ukomoka muri Uganda,,Zarinah Hassan, uzwi ku izina rya "Zari the Boss Lady" ukunze guhinduranya abakunzi nk’uhinduranya imyenda yongeye kwibasirwa bikomeye nyuma yo kwerekana umusore w’umwana muto bigaragara ko abyaye bari mu munyenga w’urukundo , benshi bakoresha imbugankoranyamabaga batangira kuvuga ko yamufashe ku ngufu .
Ni umusore witwa Shakib Cham bivugwa ko yakuriye mu gace ka Kawempe, akaba atari umusore uzwi cyane, uyu ni we bivugwa ko ari mu rukundo muri iyi minsi (...)

Sponsored Ad

Uyu muherwekazi ukomoka muri Uganda,,Zarinah Hassan, uzwi ku izina rya "Zari the Boss Lady" ukunze guhinduranya abakunzi nk’uhinduranya imyenda yongeye kwibasirwa bikomeye nyuma yo kwerekana umusore w’umwana muto bigaragara ko abyaye bari mu munyenga w’urukundo , benshi bakoresha imbugankoranyamabaga batangira kuvuga ko yamufashe ku ngufu .

Ni umusore witwa Shakib Cham bivugwa ko yakuriye mu gace ka Kawempe, akaba atari umusore uzwi cyane, uyu ni we bivugwa ko ari mu rukundo muri iyi minsi na Zari Hassan.

Benshi ku mbuga nkoranyambaga bibasiye Zari Hassan bavuga ko iri ari ihohoterwa yakoreye uyu musore bavuga ko afite imyaka 20.

Zari Hassan akaba yavuze ko uyu musore ari umusore ukuze wakifatira icyemezo rero ibyo kumuhohotera atari byo.

Ati "kuki abantu byababaje? Shakib afite imyaka 30, gusa ni uko asa neza. Narumvise ngo afite 18, 20... Ngo mukorera ihohoterwa rishingiye ku gitsina? Mwaba muzi igisobanuro cyaryo?"

Zari Hassan ni umwe mu bagore bagiye bagaragaza ko batitaye ku byo bavugwaho, agakomeza gukora ibyo umutima we ushaka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa