skol

Imikino

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu ya Iran bisubiyeho

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’Abagore ya Iran bateye isaruti ubwo baririmbaga indirimbo (…)

Lewis Hamilton yashyize u Rwanda mu bihugu yifuzamo ‘Formula 1’

Lewis Hamilton ufite amateka akomeye mu mukino wa Formula 1, yahishuye ko mu bihugu 10 bya (…)

Ntacyo bimbwiye - Trump ku kwitabira Igikombe cy’Isi kwa Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ntacyo bimubwiye kuba Iran (…)

Umukinnyi w’Umunya-Iran yasezeye ku ikipe ye ngo ajye guhangana na Amerika na Israel

Rutahizamu w’umunya-Iran, Mehdi Taremi ukinira ikipe ya Olympiakos F.C yo mu Bugereki (…)

Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi yatumye aba ikirangirire mu mupira w’amaguru

Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi atuma baba ibirangirire mu mupira (…)

Haruna Niyonzima yahakanye ibyo gusezera ruhago burundu

Haruna Niyonzima wabaye kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahakanye ibyo gusezera gukina (…)

Uwayezu Jean Fidèle yavuze ko Rayon Sports ikwiriye abayobozi badakorera “inda zabo”

Uwayezu Jean Fidèle wabaye Perezida wa Rayon Sports yagaragaje ishusho y’uko imiyoborere yayo (…)

FIFA yakajije ibihano ku bagaragaza irondaruhu mu kibuga

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira ku Isi (FIFA), Gianni Infantino yatangaje ko umuntu wese (…)

TduRwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

Umunya-Brazil Henrique Ribeiro Bravo w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo Team, (…)

Lionel Messi aricuza kuba atazi icyongereza

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (…)

UEFA Champions League: Real Madrid ishobora guhura na Manchester City

Amakipe umunani mu yakinaga imikino ya kamarampaka ya UEFA Champions League, yabonye itike yo (…)

Rayon Sports yihagazeho igwa miswi na Al Hilal itangira guhumukera kuri APR FC

Ikipe ya Rayon Sports yihagazeho inganya na Al Hilal igitego 1-0 mu mukino w’ikirarane cyo ku (…)

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

Mathjis De Clercq ukomoka mu Bubiligi akaba akinira Soudal Quick-Step Devo Team yegukanye agace (…)

Perezida Kagame yashimye umusanzu wa ‘FIFA Forward’ muri siporo y’u Rwanda

Perezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe (…)

FIFA Series: Kigali Pelé Stadium yugarijwe n’ibura ry’umuriro yahawe imikino ya nijoro

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryashyize hanze uko amakipe azahura mu (…)