skol

Imikino

Deandre Ayton wa Los Angeles Lakers yaketsweho gukoresha urumogi

Umukinnyi wa Los Angeles Lakers yo muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za (…)

Mourinho yashinjwe amakosa mu irondaruhu ryakorewe Vinícius Júnior

Myugariro Trent Alexander-Arnold yavuze ko irondaruhu ryakorewe mugenzi we Vinícius Júnior ku (…)

Intambara y’amagambo hagati y’abanyamakuru Jean Luc na Lorenzo

Nta kiruhuko cyo guterana amagambo hagati ya bamwe mu banyamakuru ba siporo mu Rwanda, aho kuri (…)

Rayon Sports yihanangirije Rugaju Reagan wavuze ko habaye amayeri mu igenda rya Serumogo Ali

Ubuyobozi bw’Umuryango Rayon Sports bwamenyesheje abakunzi bawo n’Abanyarwanda ko bwamaganye (…)

RMC yihanangirije abakora imikino kuri SK FM na Isibo

Urwego rw’Igihugu rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), rwihanangirije abanyamakuru bakora inkuru (…)

Imikino ya APR na Rayon ishobora guhindurwa kubera amatara akomeje kuba agatereranzamba

Umuyobozi wa Rwanda Premier League, Karangwa Jules yateguje impinduka z’imikino imwe ya (…)

Kwanga ’gupositinga’ Emile Rwagacondo mu bigize isezera rya Ngabo Roben muri Rayon Sports

Ngabo Roben wari ushinzwe Itangazamakuru n’itumanaho muri Rayon Sports yatangaje yagiranye (…)

FC Saint-Éloi Lupopo yo muri RDC yageze i Kigali

Ikipe ya Saint-Éloi Lupopo yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yageze i Kigali aho (…)

Abarenga 680 basabye gutoza Amavubi

Abatoza 688 basabye gutoza Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, imaze ukwezi idafite umutoza mukuru.

Ngabo Roben yasezeye muri Rayon Sports

Umunyamakuru wa Radio/TV10, Ngabo Roben, wari ushinzwe Itangazamakuru n’Itumanaho muri Rayon (…)

FERWAFA yeteguje abazakorera Licence A-CAF

Nyuma y’imyaka umunani idakorerwa mu Rwanda, Licence A C-CAF igiye kongera gukorerwa mu Rwanda, (…)

Mugabe Aristide wabaye kapiteni w’Ikipe y’Igihugu yasezeye burundu basketball

Mugabe Aristide wakiniye amakipe anyuranye mu mukino wa Basketball n’iy’Igihugu yanabereye (…)

Cristiano Ronaldo yavuye ku izima

Rutahizamu wa Al-Nassr, Cristiano Ronaldo, yitezweho guhagarika imyigaragambyo amazemo iminsi, (…)

Toni Kroos yifatiye ku gahanga Arabie Saoudite idaha agaciro Cristiano

Tony Kroos wakinanye na Cristiano Ronaldo muri Real Madrid, yagaragaje ko Arabie Saoudite iri (…)

Vietnam igiye kubaka stade izaba ari yo nini ku Isi yakira abantu 135,000

Igihugu cya Vietnam cyatangaje ko kiri mu mushinga wo kubaka stade izaba ari yo nini ku Isi, (…)