skol
fortebet

Imikino

Rayon Sports yasinyishije umunyezamu mushya uzasimbura Kwizera Olivier wanze kongera amasezerano

Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije umuzamu mushya, Dande Junior, ugiye gusimbura Kwizera Olivier (…)

Jose Mourinho yifatiye ku gahanga FIFA nyuma y’ibyakorewe Misiri

Misiri yaraye isezerewe na Argentina muri 1/8 cy’igikombe cy’isi mu mukino utavuzweho rumwe na (…)

APR yazirikanye akazi kakozwe n’Umutoza Taleb imwongerera amasezerano

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwatangaje ko umutoza Taleb Abderrahim yongereye amasezerano nyuma (…)

Misiri yanenze imisifurire ishinja abasifuzi kubogamira kuri Messi

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Misiri, Hossam Hassan, yarakariye cyane FIFA ayishinja kugira (…)

Lionel Messi yongeye kurokoka hamana ikipe ya Afurika. Uko umukino wagenze

Ikipe y’igihugu ya Argentine yageze muri 1/4 cy’irangiza cy’Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo (…)

Umutoza wa Portugal yeguye

Roberto Martinez wari Umutoza Mukuru wa Portugal yeguye kuri izi nshingano nyuma yo gusezererwa (…)

Cristiano Ronaldo yahishuye ikimurema agatima nyuma y’uko atabashije kwegukana igikombe cy’Isi

Rutahizamu akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, avuga ko igikombe (…)

Mbappé yihanangirije umusenateri wa Paraguay wamwibasiye amuziza inkomoko ye

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, Kylian Mbappé, yamaganye bikomeye umusenateri wo (…)

Portugal ya Cristiano Ronaldo yasezerewe mu Gikombe cy’isi

Ikipe y’Igihugu ya Portugal, ikinamo Cristiano Ronaldo, yasezerewe mu Gikombe cy’Isi cya 2026 (…)

Thierry Henry yatangaje amagambo akomeye kuri Neymar wasezeye mu ikipe y’igihugu nyuma yo gutsindwa na Haaland

Nyuma y’umukino ikipe y’igihugu ya Brazil yasezerewemo na Norway, Neymar Jr, yahise atangaza ko (…)

Rutahizamu Boris Gbenou waguzwe na Rayon Sports ni muntu ki?

Rayon Sports yemeje isinya rya rutahizamu ukomoka muri Centrafrique, Boris Gbenou bigoye kubona (…)

Uwahoze ayobora FIFA yatangajwe n’icyememezo cyo gusubikira umukinnyi ikarita itukura

Sepp Blatter wahoze ari Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), yagaragaje ko uru (…)

APR FC na Rayon Sports zirasabwa kwishyura asaga miliyoni 44RWF kugirango zemererwe gukina shampiyona ya 2026-2027

Amakipe abiri akunzwe mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports, yombi agomba kwishyura muri FERWAFA (…)

Ububirigi bwamaganye icyemezo cya FIFA yakuriyeho umukinnyi wa Amerika ikarita itukura kubera igitutu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimiye Impuzamashyirahamwe y’Umupira (…)

Neymar yahuye n’uruva gusenya mu gikombe cy’isi bituma ahita asezera mu ikipe y’igihugu

Ikipe y’Igihugu ya Brésil yasezerewe mu Gikombe cy’Isi cya 2026 itarenze 1/8, nyuma yo gutsindwa (…)